Sezera Lyrics
- Genre:R&B
- Year of Release:2020
This song is not currently available in your region.
Lyrics
Sezera - Danny Vumbi
...
Twongeye kwicara
nk'abavandimwe
Dore ejo uzaba wagiye
Tega Amatwi, turagukunda
ibyo urabizi uduhora
kumutima nk'umuryango
ahugiyeee
warahakunzwe
bazagufata neza
si iby'ibanga,
uzateta
uzateteshwa,
ariko uzage wibuka
abo usize iwanyu,
uzahura n'ibyiza
uhure n'ibigeragezooo,
uzababara uyu munsi
ejo bihindukee
sezera_Mami
Sezera_Tate
sezera_mama
usezere_papa
turagukunda
uzadukumbure,
eeehh
Hoya wirira,
Hoya humura
Hoya wirira,
Hoya humura.
Dore turikumwe,
burya twonse rimwe,
turagusezera twishimye
uzagenda ejo
nabo usanze baragukunda,
Ariko ubuvandimwe
buruta byosee
kwihangana bizakurange,
niwumva urukumbuzi
Uge utubwira.
Tuzagusura,
tuzagutura,
humura ntabwo
Uzicwa n'irungu,
Ntabwo waduhora
Iruhande cyo sanga
Uwo wakunzee,
(Uwo wakunzee)
Nawe yemeye ko agukunda
muzabanee ubuziraherezooo
sezera_Mami
Sezera_Tate
sezera_mama
usezere_papa
turagukunda
uzadukumbure,
eeehh
Hoya wirira,
Hoya humura
Hoya wirira,
Hoya humura.
sezera_Mami
Sezera_Tate
sezera_mama
usezere_papa
turagukunda
uzadukumbure,
eeehh
Hoya wirira,
Hoya humura
Hoya wirira,
Hoya humura.