Ikinyarwanda ft. Bruce Melody Lyrics
- Genre:Soul
- Year of Release:2018
This song is not currently available in your region.
Lyrics
Ikinyarwanda ft. Bruce Melody - Rider Man
...
Ikinyarwanda
Igitangaza & Igisumizi
?
Ntabwo Nshaka kwihisha, cyane;
Ngo ndeke kukwereka imyitwarire yanjye,
Ntabwo Ari ibintu bya danger!
Ikinyarwanda cyanjye ni Ikimihanda, aaahh.
Ntabwo Nshaka kwihisha, cyane;
Ngo ndeke kukwereka imyitwarire, yanjye;
Ntabwo Ari ibintu bya danger!
Ikinyarwanda cyanjye ni Ikimihanda, aaahh.
Mu Isi y'uyu munsi tubaho k'umuvuduko;
Indimi dukoresha nazo zihinduka gutyo:
Nshatse kuvuga "Ndi m'umujyi", mvuga "Ndi Town";
Nshatse kuvuga ngo nakennye mvuga ngo ndi Down;
Icyucyi cyanjye, ninkoresha icyucyi umva umukunzi;
Ikinyarwanda mvuga gitandukanye n'icyo uzi;
Mbigusobanuriye kuko uri ikosora,
Uri number one nzi ku Imitoso
Narakwamye m'urukundo
Narapofotse
Kwifata kwabaga muri njye kwaratobotse.
Vocabulaire yanjye nibyo ntiri clean.
Gusa ndi Dryfriss
fata cocaine.
Ntabwo Nshaka kwihisha, cyane
Ngo ndeke kukwereka imyitwarire yanjye,
Ntabwo Ari ibintu bya danger!
Ikinyarwanda cyanjye ni Ikimihanda, aaahh.
Ntabwo Nshaka kwihisha, cyane
Ngo ndeke kukwereka imyitwarire yanjye,
Ntabwo Ari ibintu bya danger!
Ikinyarwanda cyanjye ni Ikimihanda, aaahh:
Eeh, Inkoni Ni ugukena,
Gukubitwa Ni ubukene,
Kwifunga Ni ukwambara neza, yeeh
Kugenda Ni ugutambara,
Gutera injuga Ni ukubeshya abaniga,
Slay nirwo rurimi mvuga,
Kubona cash byitwa kugafata,
Ndamutse nkubuze navuga ko ndaburije;
Muzigo wanjye mpfushiriza
Ikangisiro zitazaguhengereza
Muzigo wanjye tekereza
Njye nawe mu bisonga ntawutwendereza
Ntabwo Nshaka kwihisha,
Ngo ndeke kukwereka imyitwarire yanjye,
Ntabwo Ari ibintu bya danger!
Ikinyarwanda cyanjye ni Ikimihanda, aaahh.
Ntabwo Nshaka kwihisha,
Ngo ndeke kukwereka imyitwarire yanjye,
Ntabwo Ari ibintu bya danger!
Ikinyarwanda cyanjye ni Ikimihanda, aaahh.
Feelings z'urukundo Aho zigana ntihagira formule,
So, ntiwite ku ukuntu bivuzwe
ahubwo ha agaciro ibyo nkubwiye,
Zo, Ninkubwira y'uko ndi ku imihanda,
Ndi gutigita imipeso ntibizagukange
Kuko agatigito Ni ingeso aahaa
Iyo dukunze turafuha,
Iyo dukunze turakunda
uwo dukunze Ni we rukumbi tureka agakomeza akoza imbuda.
Ninshaka kukubwira ngo dukwepe nzakubwira ngo twibete, tubwate, duce isheni
Sometimes nzabivanga bigucange,
Mvuge nti: Uri Raine à la beauté Rwandaise,
uuuhaam
Ibyo gusiragizwa, nzabikwibagiza,
Sinzatuma uhobagira.
Ntabwo Nshaka kwihisha,
Ngo ndeke kukwereka imyitwarire yanjye,
Ntabwo Ari ibintu bya danger!
Ikinyarwanda cyanjye ni Ikimihanda, aaahh.
Ntabwo Nshaka kwihisha,
Ngo ndeke kukwereka imyitwarire yanjye,
Ntabwo Ari ibintu bya danger!
Ikinyarwanda cyanjye ni Ikimihanda, aaahh.
Cyane
Danger
Aahaah.